Ubuhanuzi biriko burasohozwa mumaso yanyu: Intambara mukarere kibiyaga binini hagati y’uburundi urwanda na Congo (DRC)

Bamaze iminsi havugwa ivyo intambara mu karere kibiyaga binini. Urwanda n’uburundi bashotorana ( provocation) ubu hoho vyagiye ahabona aho bashobora gushiranako umwanya n’umwanya. Isomère uko ubuhanuzi bigoye gusohizwa, aha mwomenya yuko igisagara ca Goma mwijoro kigenzurwa ningabo bavuga yuko zivugira ikinyarwanda n’ikiganda gusa.

UBurundi n’uRwanda kurwanira muri Congo
Amakuru atugeraho aremeza ko ejobundi kuwa kane hadutse imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo muri Zone ya Fizi aho inyeshyamba za Mai mai Yakutumba zimaze kwigarurira Rulimba na Misisi umugambi ukaba aruwo kwihuta bagafata Fizi, Baraka ndetse bakazagarukira kukiraro cya Sangya hafi ya Mboko mubirometero 58 uvuye Uvira.

Abakurikiranira ibintu hafi barasanga iyi mirwano yadutse ihishe byinshi. Iyi zone ya Fizi ikikije ikiyaga cya Tanganyika ariwo mupaka wa Congo n’uBurundi.

Amakuru akomeza atubwira ko inkambi ikomeye ya Lusenda yakuwemo abasirikare bose babatutsi bari abasirikare ba Buyoya bazamurwa muri Tutsiland ya Minembwe kujya gufatanya nabanyamurenge kwitegura kuzatera uBurundi.

Nyuma yaho Peter Nkurunziza abimenyeye yohereje nawe insoresore nyinshi zatojwe gisirikare kujya gukumira ibitero byose byasatira Uvira ndetse no kudurumbanya abashaka kwiyegeranya bose.

Kurundi ruhande biremezwa ko ingabo z’uRwanda nazo zambutse zikaba ziri mumisozi ya Minembwe bategereje ifirimbi gusa kugira ngo batangize imirwano.

Ibyaribyo byose nubwo iyi mirwano yo kwigarurira uduce yadutse ikaba itarasobanuka neza icyo igamije cyane cyane ko ari ubwa mbere Mai mai itangije intambara zo kwigarurira uduce bene aka kageni.

Abasesenguzi twabashije kuvugana bemeza ko intambara ikaze irimo gututumba muri Zone ya Fizi ishobora mugihe kitari kinini kugarukira canke kurangirira i Kigali na Bujumbura.