Wirinde ingaruka zo kwiyoberanya.
« Maz’ umwami w’Abisirayeli abarira Yehoshafati, ati Ngiye kwiyoberanya, nje mu rugamba; ariko weho ni wambare imyambaro yawe y’ubgami. Nuk’ umwami w’Abisirayeli ariyoberanya, aja mu rugamba.1 Abami 22:30″ Iki gihe umwami w’Abisirayeli yitwa Ahabu be n’umwami w’Abayuda yitwa Yehoshafati bafatanije muntambara kurwanya umwami w’i Siriya. Ahabu aca agira amayeri yo kwiyoberanya ngo ntiyambare nk’umwami, ahubwo yambare […]