Menya uko intumwa za Yesu uko ari
12 zarangije urugendo:____________________________________
1.SIMONI Petero:yari uw’i Betisida
h’i Galileya ) yabambwe ku
musaraba acuritswe ,agwa i Roma ho mu
Butaliyani mu kwezi kwa 6
muwa 67 AD (N.K)
2.ANDREA: Yiciwe i Constantinople
nawe bamubambye ku giti,
yahambwe nuwitwa Maximilien.
3.YAKOBO (mukuru): Yishwe na Herode i
Agripa amuciye
igihanga, hari muri 42 AD.
4.FILIPO: Yabambwe kugiti ahitwa i
Thierapolis, ahambwa na
Barutoromayo.
5.BARUTOROMAYO:Bamushishuyeho uruhu ari
muzima ubwo
baribasanze avuga ubutumwa
bwiza,
bamaze kumwunaho uruhu amara
iminsi itatu abona gupfa.
6.MATAYO: Niwe bitaga Lewi ;uyu we
yasogoswe nk’ihene yicishwa
ibyuma.
7.THOMAS: Yatewe amacumu ku
manywa y’ihangu avuye kuvuga
ubutumwa mu buhinde (na bugingo n’ubu mu
buhinde umusozi
bamwiciyeho
barawumwitiriye ni St-Thomas)
8.THADEO: Baramurashe bamutsinda
ahitwa i Zefenisia avuye kuvuga
ubutumwa i Buyuda n’ i Mesopotamia.
9.YAKOBO (mutoya): Bamuhanuye
ku gasongero ku rusengero yikubita
hasi atangiye gusamba
bamuhurizaho amahiri arapfa . Ibyo
byabereye i Yerusaremu. 10.SIMONI
ZEROTE:Yiciwe muri Africa
bamukereje urukerezo mu wa 96
A.D.
11.MATHIA(wasimbuye yuda)
: Bamuteye amabuye amaze
kunogoka bamuca igihanga. 12.YOHANA(umuhi
shuzi):
Bamucaniriye mu ngunguru
y’amavuta aho gunshya avamo
yabaye umusore
kandi bamutetse ari umusaza.
Babonye
