Mwoba mwari musanzwe muzi uko intumwa za Yesu zagiriwe? Mwirabire namwe.

Menya uko intumwa za Yesu uko ari​ 

12 zarangije urugendo:____________________________________

1.SIMONI Petero:yari uw’i Betisida

h’i Galileya ) yabambwe ku

musaraba acuritswe ,agwa i Roma ho mu

Butaliyani mu kwezi kwa 6

muwa 67 AD (N.K)

2.ANDREA: Yiciwe i Constantinople

nawe bamubambye ku giti,

yahambwe nuwitwa Maximilien.

3.YAKOBO (mukuru): Yishwe na Herode i

Agripa amuciye

igihanga, hari muri 42 AD.

4.FILIPO: Yabambwe kugiti ahitwa i

Thierapolis, ahambwa na

Barutoromayo.

5.BARUTOROMAYO:Bamushishuyeho uruhu ari

muzima ubwo

baribasanze avuga ubutumwa

bwiza,

bamaze kumwunaho uruhu amara

iminsi itatu abona gupfa.

6.MATAYO: Niwe bitaga Lewi ;uyu we

yasogoswe nk’ihene yicishwa

ibyuma.

7.THOMAS: Yatewe amacumu ku

manywa y’ihangu avuye kuvuga

ubutumwa mu buhinde (na bugingo n’ubu mu

buhinde umusozi

bamwiciyeho

barawumwitiriye ni St-Thomas)

8.THADEO: Baramurashe bamutsinda

ahitwa i Zefenisia avuye kuvuga

ubutumwa i Buyuda n’ i Mesopotamia.

9.YAKOBO (mutoya): Bamuhanuye

ku gasongero ku rusengero yikubita

hasi atangiye gusamba

bamuhurizaho amahiri arapfa . Ibyo

byabereye i Yerusaremu. 10.SIMONI

ZEROTE:Yiciwe muri Africa

bamukereje urukerezo mu wa 96

A.D.

11.MATHIA(wasimbuye yuda)

: Bamuteye amabuye amaze

kunogoka bamuca igihanga. 12.YOHANA(umuhi

shuzi):

Bamucaniriye mu ngunguru

y’amavuta aho gunshya avamo

yabaye umusore

kandi bamutetse ari umusaza.

Babonye