INZOZI ZIKOMEYE. Umunsi umwe umugore witwa Louise yarasinziriye arota inzozi zikomeye. Yarose umuntu ikuzimu yandika urwandiko amwandikira. Kandi urwo rwandiko rwari kumugeraho hakoreshejwe intumwa. Iyo ntumwa yanyuze mu nyanja yaka umuriro n’ amazuku uri ikuzimu igera ku rugi ruva ikuzimu rwinjira mw ‘isi . Louise yabonye iyo ntumwa iza ku nzu ye yinjira yitonze maze iramukangura imubwira ko yandikiwe n ‘umuntu w’ikuzimu. Louise mu nzozi n ‘intoki zititira afata ibarwa arayisoma. Nshuti yanjye , mpagaze mu rubanza ubu kandi ndumva ukwiye kugawa . Ntiwigeze unyereka inzira kandi uyizi . Waruzi Yesu mu byukuri no mu cyubahiro cye. Ariko ntiwigeze umumbwira . Ubwenge bwanjye ntibwigeze bumumenya . Nubwo twabanaga mw ‘ isi ntiwigeze umbwira kubwo kuvuka kwa kabiri none uyu munsi mpagaze nshirwa urubanza kuko utigeze umumbwira . Wanyigishije ibintu byinshi , ibyo n ‘ukuri . Nakwise inshuti kandi ndakwizera. Ariko namenye ko bitagishobotse kumenya Imana. washoboraga kundinda iki kibazo . Twagendanye kenshi ku mannywa kandi twaganiraga kenshi nijoro, ariko hari ikintu wankinze ntiwanyeretse umucyo. Wanyigishije kubaho , gukunda nyuma ndapfa . Waruziko ntazabaho ubuzima bw’ iteka. Nibyo nakwise inshuti mu buzima . Kandi nakwizeye mu byishimo no mu bibazo. None aho bigeze, Sinshobora kukwita inshuti . Marsha . Amaze kuyisoma , Louise yarakangutse . Inzozi zasaga naho ari ukuri mu bwenge kandi yasanze ibyuya bimanuka nk’umugezi ku mubiri . Yarahiyeko yakomeje kumva icyunzwe n’ umwotsi w’ ibyuya mu nzu . Ubwo yakomezaga kwibaza ubusobanuro bwizo nzozi, yamenyeko nk’umukristu, yananiwe mu nshingano ze kujya hanze no mu mahanga kubwiriza ubutumwa bwiza. Akibitekereza , yahize we kubwe ko umunsi ukurikira guhamagara Marsha , akumutumira mu rusengero . Mu gitondo yahamagaye Marsha ; umva uko byagenze : Hello Bill , navuga na Marsha ? Louise ntiwabimenye! !! Menya iki? Marsha yapfuye ijoro ryakeye azize impanuka y ‘imodoka narinzi ko wabimenye. Ese bwaba aribwo buhamya bwawe nawe? Ese uhamiriza inshuti yawe mugendana cg mwabanye Yesu kristu? Cyangwa se hari inshuti yawe izajya mu muriro kubera kutamenya?Ese wayimenyesheje Yesu Kristu ? ese wowe ubwawe usoma iyi msg wamenye Kristu ? Niba utamuzi nguku uko wamumenya: »Niwemera n ‘umutima wawe ko Yesu wapfuye akabambwa ku musaraba kubera ibyaha byawe kandi ko Imana yamuzuye kuva mu rupfu urakira » ( Abaroma : 10: 9- 10) Niba utaramenya Yesu senga iri sengesho : « Mana yanjye ,ndemera kandi ndizera n’ umutima wanjye ko Yesu ari umwami kandi ko yabambwe ku musaraba kubera ibyaha byanjye. Yesu mbabarira ibyaha byanjye kandi winjire mu mutima wanjye kandi umbere Umwami n ‘Umukiza mu zina rya Yesu Kristu Amen » . NB: Ndagusaba kuyoherereza inshuti yawe , n’ uyoherereza umwanzi wawe araba arubutwari n ‘intabwe ikomeye mubuzima bwawe.