Mw’ijuru habaye umunsi mukurunuko batumira buri kintu cyose
kiba kw’isi.Hazamo n’inoti za
5000,2000,1000 na 500,haza
n’ibiceri 100,50,20,10. Nuko ibiceri
babyicaza mu myanya y’icyubahiro
imbere naho inoti bazicaza inyuma
cyane rwose,zirarakara cyane zijya
kubaza Petero impamvu
bazisuzuguye.Petero arazibwira ati
erega mwebwe ntimujya muboneka
mu nzu y’Imana hiyizira ibiceri
gusa,naho mwe mwigira mu
tubari,amahoteli,mu ndaya ngaho
muri za ruswa, Nahandi hose
hadahesha Imana icyubahiro. ibaze
nawe, aho ntiwasanga umeze
nkinote?, Haranira kwibera
nkigiceri.
Satani: hahahahaaahha……
Imana: uraseka se iki?
Satani: ndaseka wowe!!!
Imana: uraseka ngye? Kuberiki?
Satani: kuberako wavuze ngo abantu bawe baragukunda!
Imana: barankunda nyine; kuberiki c?
Satani: nabasoma iyi nkuru c baragukunda?
Imana: yego barankunda kdi nabo ni abangye.
Satani: reka dutege turebe niba bagukunda koko.
Imana: gute?
Satani: abantu basoma iyi nkuru bakayoherereza incuti zabo 4 baraba bagukunda koko.
Imana: ndabizi baraza kubikora.
Satani: dutege?
Imana: dutege.
Uruhare nurwawe mu gukiza izi mpaka.