Soma iyi nkuru ngo yabaye Mwijuru ! Harimwo inyigisho 

Mw’ijuru habaye umunsi mukurunuko batumira buri kintu cyose

kiba kw’isi.Hazamo n’inoti za

5000,2000,1000 na 500,haza

n’ibiceri 100,50,20,10. Nuko ibiceri

babyicaza mu myanya y’icyubahiro

imbere naho inoti bazicaza inyuma

cyane rwose,zirarakara cyane zijya

kubaza Petero impamvu

bazisuzuguye.Petero arazibwira ati

erega mwebwe ntimujya muboneka

mu nzu y’Imana hiyizira ibiceri

gusa,naho mwe mwigira mu

tubari,amahoteli,mu ndaya ngaho

muri za ruswa, Nahandi hose

hadahesha Imana icyubahiro. ibaze

nawe, aho ntiwasanga umeze

nkinote?, Haranira kwibera

nkigiceri.

Satani: hahahahaaahha……

Imana: uraseka se iki?

Satani: ndaseka wowe!!! 

Imana: uraseka ngye? Kuberiki?

Satani: kuberako wavuze ngo abantu bawe baragukunda!

Imana: barankunda nyine; kuberiki c?

Satani: nabasoma iyi nkuru c baragukunda?

Imana: yego barankunda kdi nabo ni abangye.

Satani: reka dutege turebe niba bagukunda koko.

Imana: gute?

Satani: abantu basoma iyi nkuru bakayoherereza incuti zabo 4 baraba bagukunda koko.

Imana: ndabizi baraza kubikora.

Satani: dutege?

Imana: dutege.

Uruhare nurwawe mu gukiza izi mpaka.