Burundi bushasha bw’isezerano

Haravuzwe ibintu vyinshi kubihugu vyo muri aka karere k’ibiyaga binini ariko ivyavuzwe kuburundi n’urwanda biragaragara neza yuko hariho umugambi w’Imana wo gutabarwa.

Ariko rero naho biri uko, kugira ngo dushike mu Burundi bushasha bw’isezerano hazobanzakuba amahano menshi. Kubwivyo turamaze kubona ibimenyetso bidasanzwe vyinshi. Muri ivyo harimwo gusubiza ingabo z’uburundi zose mugihugu iwabo kugira ngo zije gushitsa ivyavugishijwe. 

Ngico rero ikimenyetso kimwe mu bindi cerekana yuko ubutigu buriko buregereza.

Reka tubashikirize imbono imwe muri nyinshi y’uburundi bushasha bw’ isezerano.

UBURUNDI BUSHASHA INYUMA Y’INTAMBARA
Ibyiza bizaba mu gihugu cy’Uburundi ni ibi:
1. Imana impa ijambo mu: 

– Gusubira mu Byagezwe 28: 1-14

– Imigani 8: 15-18

– Zaburi 91 

– Imana irambwira ngo iyo ni imigisha izasesekara ku Gihugu cy’Uburundi ku bantu bayumvira
2. Imana irambwira ngo abantu bahawe amasezerano bose: abemerewe amazu, imiduga n’akazi keza, ibyo byose bizasohora cyangwa bizabashikaho iyo ntambara y’Uburundi iheze
3. Imana inyereka ubutunzi aho buzava buzatuma igihugu cy’Uburundi kigira umugisha. Imana inyereka:
– Ibitoro biri mu butaka bw’igihugu cy’Uburundi

– Inzahabu
Imana irambwira ngo ibyo ni byinshi cyane. Ngo ariko ibyerekanye ubu ngubu babigwaniramwo, izabyerekana ku ngoma y’amahoro
4. Igihugu cy’Uburundi Imana izacyongeraho. Izongerako:
– Intara ya KIGOMA iri muri Tanzaniya 

– Akarere ka BUVIRA kari muri CONGO

– Imana izagura Igihugu cy’Uburundi kandi igihe umugisha
5. Imana inyereka imanura imbaraga (inkomezi zayo) mu gihugu cy’Uburundi, abarundi bakora ibitangaza bazura abantu bapfuye, bakiza abantu na SIDA.
* UMUTI WA SIDA UZABA URI I MAKAMBA
Ahazakorekera ibitangaza byinshi ni mu:
– Kamenge

– Kanyosha

– Bubanza

– Makamba
6. Abazungu, abanyaziya n’abandi birabura bazaza i Burundi baje kuraba ibyo bitangaza Imana izakorera mu Burundi. Abarundi bazita bahaguruka baryane ubutumwa kw’isi yose:
– Mu Barabu, mu Bushinwa, mu Buyapani no muri Koreya y’epfo, muri Amerika, mu Burayi 

– Kubona Visa y’igihugu cy’Uburundi bizaba bigoye kuruta kubona Visa y’Igihugu cy’Amerika muri iki gihe cyangwa y’igihugu cya Canada

– Kugera m’Uburundi bizaba bikomeye, kizaba ari igihugu cyatewe agateka kizamera nka Isirayeli ya kera itarandura

– Kukibonamwo ubuhungiro cyangwa kugituramwo, bizaba ari umugisha ukomeye ntabgo bizajya bibonwa na buri muntu wese kw’isi