đž AMASOMO 87 YEREKANA KO ISABATO ARI UMUNSI WA 7.
Nkâuko mu minsi ya Nowa byari biri, ubuhungiro bukaba bwari bumwe rukumbi, ni ko bimeze no muri iki gihe. âItorero ni umuyoboro washyizweho nâImana kubwâagakiza kâabantu. Itorero ni ikigega cyâubutunzi bwâubuntu bwa Kristo; kandi binyuze mu itorero, ukwigaragaza kwâurukundo rwâImana kuzamenyeshwa nâibinyabutware nâibinyabushobozi byâahantu ho mu ijuru.â Itorero ni igihome cyâImana, ni umudugudu wayo wâubuhungiro yashyize ku isi yagomye. Ubugambanyi ubwo ari bwo bwose bukorewe itorero ni ubuhemu ku wacunguje abantu amaraso yâUmwana We wâikinege. Buri gihe Uwiteka yabaga yifitiye abarinzi bahaga ubuhamya buzira amakemwa abo mu gihe cyabo. Aba barinzi batanze ubutumwa bwâimbuzi, kandi igihe babaga bahamagariwe kurambika intwaro zabo, (Gupfa kwabo) abandi bakomezaga umurimo. Imana ntabwo yigeze itererana itorero ryayo,⊠Amategeko yayo yomatanye nâingoma yayo, kandi nta mbaraga yâumubisha ishobora kurihÄngĆ«ra. Mu gihe cyâumwijima mu byâUmwuka, itorero ryâImana ryabaye nkâumunara wubatswe mu mpinga yâumusozi. Uko ibihe byagiye bikurikirana nâibisekuru bigasimburana, inyigisho nzima zitangwa nâijuru zagiye zisakazwa mu mbibi zâuwo murwa. Nubwo ryagaragara nkâirinyantege nke, ni ryo kintu kimwe Imana ihozaho ijisho ryayo mu buryo budasanzwe. Ni naho ubuntu bwayo bugaragarira aho yishimira guhishurira imbaraga yayo ihindura imitima. Ellen G. White, Ibyakozwe nâIntumwa, p.10,11
Itangiriro2:1-3 Nehemiya 9:14
Luka 6:6-9
Kuva 12:16
Nehemiya 13:15-22
Luka 13:10
Kuva 16:22-28
Yesaya 56:2-4
Luka 13:14-164
Kuva 16:28-30
Yesaya 56:6-7
Luka 14:1-5
Kuva 20:8-11
Yesaya 58:13-14
Luka 23:5
Kuva 31:12-15
Yesaya 66:23
Luka 23:56
Kuva 31:16-18 Yeremiya 17:21
Yohana 5:9-11
Kuva 34:21
Yeremiya 17:24
Yohana5:16
Kuva 35:2-3
Yeremiya 17:27
Yohana 5:18
Abalewi 16:31
Ezekiyel 20:12-16
Yohana 7:22
Abalewi 19:3
Ezekiyel 20:19-20
Yohana 7:2312
Abalewi 23:1-3
Ezekiyel 20:2171
Yohana 9:1-14
Abalewi 23:15
Ezekiyel 20:24
Yohana 9:16
Abalewi 23:21
Matayo 12:1-2
Yohana 19:31
Abalewi 23:30
Matayo 12:5
Ibyakozwe 1:12
Abalewi 23:3246 Matayo 12:8-12
Ibyakozwe 13:14-15
Abalewi 23:38
Matayo 20:1
Ibyakozwe 13:27
Abalewi 26:10-35
Matayo 24:2077
Ibyakozwe 13:42
Kubara 15:26-32
Matayo 28:1
Ibyakozwe 13:44
Kubara 28:9-10
Mariko 2:23
Ibyakozwe 15:21
Kubara 28:25
Mariko 2:24
Ibyakozwe 16:13
Gutegeka 5:12-15
Mariko 2:27
Ibyakozwe 17:2
Gutegeka 9:9-11
Mariko 2:28
Ibyakozwe 18:4
Gutegeka 16:8-11
Mariko 3:1-3
Ibyakozwe 18:11
1Ngoma 9:32
Mariko 3:4
Abaheburayo 4:4
1Ngoma 23:31
Mariko 6:1-2
Abaheburayo 4:8-9
2Ngoma 36:21
Mariko 15:42
Ibyahishuwe 1:10
2Abamakabe 6:6
Mariko 16:1-2
Yakobo 2:10-12
2Abamakabe 6:10-11
Luka 4:16.
Nifashishije Bibiliya Yera yo mu mwaka wâ1993 nsanga igizwe nâimirongo 30,835. Muri yo, imirongo 87 ivuga ko isabato ari itegeko ryâImana, ikimenyetso cyayo gitandukanya abayumvira nâabatayumvira, kandi ikaba urwibutso rwo kuremwa no gucungurwa kwacu.
Nkâuko bigaragazwa neza nâaya masomo yose, Isabato ngaruka cyumweru ni wo munsi Imana yategetse abantu bose bari ku isi yose, mu mahanga yose, amoko yose, imiryango yose, amadini yose nâindimi zose ngo bajye bayiruhuka, ibibutse ko Imana ari yo Muremyi, Umucunguzi nâUmwami wabo bwite We wongera kuturemera imitima mishya binyuze mu kwizera igitambo cyâi Kalvari. Ntabwo Isabato ari iyâAbisirayeli gusa cyangwa ubundi bwoko cyangwa idini imwe, ni itegeko ku baremwe bose bâahantu hose kandi bâibihe byose.
Mbifurije kwakira urwibutso rw’irema no gucungurwa kwacu, ikimenyetso cy’Imana gitandukanya abayumvira n’abatayumvira, Isabato ikaba ari n’isezerano ry’iteka ryose. Imana ibahe umugisha.