Nyuma y’impanuka y’indege yari itwaye abagenzi n’abakozi b’indege bose hamwe bagera kuri 81 abagera kuri 76 bose bakahasiga ubuzima, ubwo indege yaritwaye abakinnyi b’ikipe yo mu gihugu cya Brazil mu ikipe ya Chapecoense FC berekezaga muri Colombia aho yagombaga guhura na Atlético Nacional ku mukino wa nyuma wa Copa Sudamericana umwe mu bakinnyi warokotse iyi mpanuka baje gusanga yarasomaga bibiliya umurongo uboneka muri zaburi ugira uti “kwiturira mu gicucu cy’amababa y’Imana”.