NIMUBYUKE DUSENGE IMANA 

Mwami waremye ijuru nisi ndagushimye ko waturinze muririjoro tukaba tubyutse turamahoro ubishimirwe
Nyagasani watubereye amagare namafarashi bitugoye bituruhije utubera icyambu turambuka abaribategereje ko dupfa ntibabibona abatifuzaga ko dushaka batubona duhetse manawe ndagushimye nibutse ko hari abaribazi ko tuzapfa ntacyo tugezeho none turabakozi bawe yooooo manawe turagushimye ko watugize abumumaro 

Wavuze ngo nubwo batubona ko turabakene nyamara dutungishije benshi nubwo babona turinsuzugurwa ark imbere yawe turibyamamare

Nyaguhora kungoma nongeye kuza imbere yawe ngushimira aho wadukuye uziko byibutse turabasinzi,turabajura,turabasambanyi,turabibone, yooooo ,turabanyamoko manaweeeeee wagize neza wavuze ko 

uvuge uti ‘Uku ni ko Umwami Uwiteka abwira ab’i Yerusalemu: Inkomoko yawe na kavukire yawe, uri uwo mu gihugu cy’i Kanani. So yari Umwamori na we nyoko yari Umuhetikazi. 

Kavukire yawe, umunsi wavutseho umukungwe wawe ntibawushariye, kandi ntibakujabuye n’amazi ngo ubonere. Ntabwo waruhije usigwa n’akamuri, habe no kugushyira mu twahi tw’impinja. 

 » ‘Nuko nkunyuzeho mbona wigaragura mu ivata ryawe ndakubwira nti »Nubwo uri mu ivata ryawe ubeho. » Ni ukuri narakubwiye nti »Nubwo uri mu ivata ryawe ubeho. » Manawe aho wadukuye turagushimiye

Nuyumunsi twemerere uze uturengere abarushye ubagirire neza impfubyi na abapfakazi barengere abatabyara bahe abana abatarashaka ububakire ,abakodesha ububakire,abafite intambara ubarwanirire abafite ingendo ugendane nabo Uwiteka we ngwino wigwatirize tubone amahoro wigwatirize tubone akazi wigwatirize tukubone bundi bushya urakoze ko ubyumvise 

Mana ndagushimye ko wabanye natwe aho twaraye ukaba waturindiye umutekano nabyo turabigushimiye

Urakoze ko byose ubyumvise ukaba Ugiye kubikora mbisabye nizeye mwizina RYA YESU Kristo Amen