*1 ABAKORIN. 10:12-13*Nuko rero uwibwira ko ahagaze, yirinde atagwa.Nta kigeragezo kibasha kubageraho kitari urusange mu bantu, kandi Imana ni iyo kwizerwa kuko itazabakundira kugeragezwa ibiruta ibyo mushobora, ahubwo hamwe n’ikibagerageza izabacira akanzu, kugirango mubone uko mubasha kucyihanganira.
Imana Data watwese ibabashishe kwihanganira mukigeragezo urimo, kd ndagusabiye kugirango ugutabarwa kuva Ku Mana Data kukugereho mwizina rya Yesu kristo.
*AMEN*